Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo, zemerewe ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagaragaje ko umusaruro w’inganda n’ibyoherezwa mu mahanga muri 2024 -2029 uzazamuka ...
Perezida Kagame kandi yakiriye intumwa y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Dr. Ronny Jackson, baganira ku bufatanye ...
Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imishinga mu Kigo gishizwe guteza imbere Ubwikorezi mu Rwanda, RTDA, Gihoza Mivugo ...
Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Abanyarwenya bayobowe na Fally Merci n’Abanya-Uganda Pablo na Alex Muhangi bijeje abazitabira igitaramo cyo kwizihiza imyaka itatu ishize hategurwa ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy’ bazataha banyuzwe ...
Umuhanzi Nizeyimana Didier wamenyekanye mu muziki nka Muchoma, yavuze ko n’ubwo benshi bamufata nk’Umunyarwanda ndetse nawe akaba yiyumva nkawe ariko afite icyifuzo cyo kubona Ubwenegihugu bw’u Rwanda ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda bishimira umutekano w’ishoramari ryabo riri mu Gihugu ndetse n’ingamba zashyizweho mu kuborohereza. Byatangajwe n'Umuyobozi w'Ikigo cy'Ishoramari cya Homart Group ...
Abaturage begerejwe imiyoboro y’amazi meza mu Turere twa Karongi na Rutsiro, barasabwa gushyira imbaraga mu bikorwa byo kuyageza mu ngo zabo kugira ngo barusheho kugira amazi meza hafi no guhendukirwa ...
Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda bishimira umutekano w’ishoramari ryabo riri mu gihugu, ndetse n’ingamba zashyizweho zorohereza abanyamahanga. Babigarutseho ubwo bamurikaga ku mugaragaro ...
Results that may be inaccessible to you are currently showing.
Hide inaccessible results