News

Avuga kuri ibi bitero, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagaragaje ko ari ikimenyetso cy’uko ingufu za ...
Muri ibi birori byo gutanga ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, abahanzi nka Lil Wayne, Teyana Taylor, GloRilla, Playboi Carti, ...
CEEAC igizwe n’ibihugu birimo Angola, Congo, RDC, Cameroun, Gabon, Tchad, Guinée équatoriale, Centrafrique, u Rwanda, u ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Unity Club Intwararumuri wahumurije ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima rwa Nyanza bagizweho ingaruka ...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente Edouard yashimye intambwe ikomeje guterwa n’u Rwanda mu kwigisha amasomo y’imyuga, tekiniki n’ubumenyingiro, aho kuri ubu Rwanda Polytechnic, igiye guha igihugu abakozi ...
Umuhanzi w'icyamamare muri Afurika y'Iburasirazuba, Joseph Mayanja wamamaye nka Dr Jose Chameleone, yageze mu Rwanda aho aje gutaramira abakunzi b’umuziki we n’Abanyarwanda muri rusange. Ni mu ...
Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka n’ibitekerezo binyuranye mu gihe Komisiyo y’imibereho y’abaturage mu mutwe w’Abadepite, ikomeje gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga serivisi ...
APR FC yatsinze Police FC igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro, igera ku mukino wa nyuma iyisezereye ku giteranyo cy'ibitego 2-1 mu mikino yombi. Uyu mukino wabereye kuri ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...