Kuri uyu wa Gatanu i Dar-Salaam muri Tanzania, harateraniye inama y’Abaminisitiri bafite mu nshingano Ububanyi n’Amahanga bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC n’uw’ibihugu byo ...
Brigitte Nibishaka na Rebecca Cyuzuzo bagiye kwiga muri Tango Bourges Basket (TBB) Academy. Aba bombi bari mu Ikipe y'Igihugu ...
Seninga Innocent yagizwe umutoza wa Etincelles FC mu gihe gisigaye ngo umwaka w'imikino wa 2024/25 ugere ku musozo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Gashyantare 2025 ni bwo Seninga ...
Abahanzi barimo Beyoncé na Kendrick Lamar, bari mu bitwaye neza mu bihembo bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 67 mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, mu birori byabereye i Los Angeles muri Leta ya ...
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko umwaka ushize wa 2024 abantu bagera ku 3000 bahitanywe na kanseri z’ubwoko bunyuranye. Bamwe mu bayirwaye bakayikira barishimira ko mu Rwanda ...
Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y'Epfo, basabye Guverinoma yabo kuvana Ingabo z’icyo gihugu mu Burasirazuba bwa Kongo, aho zirimo gufatanya n'iza FARDC ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yakiriye indahiro y'Umugenzuzi Mukuru Wungirije Ushinzwe Kurwanya Akarengane n’Ihohoterwa bishingiye ku buringanire mu Rwego rushinzwe ...
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera. Umukuru ...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika inkunga yose Amerika yahaga Afurika y'Epfo kugeza hakozwe iperereza, ku kibazo cy'uko icyo gihugu kirimo gufatira ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.